Imyaka itatu irashize Perezida Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda: Twiyibutse uko uwo muhango wagenze (Video)

Mu gihe nk’iki mu myaka itatu ishize, Abanyarwanda bari bakirimo kwishimira ko Perezida Kagame yari yarahiriye kongera kuyobora u Rwanda, nyuma y’ubusabe bwa benshi nk’uko babigaragaje.

Ni ibirori byari byitabiriwe n’Abanyarwanda ndetse n’Abanyamahanga b’ingeri zitandukanye harimo n’abakuru b’ibihugu babarirwa muri 20 bose bakaba bari baje kwishimana n’u Rwanda, nk’uko bigaragara muri aya mashusho.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Birashimishije kugira president usobanutse pe! Komeza imijishi mubyeyi turagushyigikiye!

Nizeyimana Alphonse Ozil yanditse ku itariki ya: 20-08-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka