Imirenge 10 ikomeje gahunda ya Guma mu Rugo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imirenge 40 yakuwe muri gahunda ya Guma mu Rugo, indi mirenge 10 mu yari imaze iminsi muri iyo gahunda iyigumamo kugeza tariki 31 Kanama 2021 bitewe n’uko hakigaragara ubwandu bwa COVID-19 bukiri hejuru.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Nshimye iyo myanzuro ariko reta yibaze uburyo umuturage yaguma Murugo iminsi mirongo 35 adakora akabona ibimutunga mugihugu cyacu ababishobora nibake.icyongeyeho gutanga ibiryo bikorwa bijyera nko kuri 1% byababa babikeneye.ntuye muri umwe mwiyo mirenge yagumye Murugo ariko igitangaje ntanikirimo gikorwa NGO ubwandu bugabanuke,utubari turakora,abaturage barigendera uko bashaka.

Oscar yanditse ku itariki ya: 12-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka