Imihango yo gusaba no kwiyakira mu bukwe yasubukuwe (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 31 Gicurasi 2021 yayoboye Inama y’Abaminirisitiri, ibera muri Village Urugwiro, ikaba yafatiwemo ibyemezo bikurikira:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Ibyemezo by’inama ya baminisitiri rwose tubashimiye ibyemezo byiza bakomeje gufata cyane hibarwa kinyungu z’igihugu ariko byumwihariko kubuzima bwacu nkabanyarwanda rero rwose dukomeje kubashimira ,ikindi tunabashimira ibyemezo bafashe harimo no kubaha umuco wacu ,cyane mumihango y’ubukwe bityorero nubwo gusaba no gukwa byemewe hakurikijwe umubare watazwe ariko natwe nkimiryango tuzirinde kungora Abayobozi Ahubwo twubahirize amabwiriza yose yatazwe n’imibare yemewe.

IRADUKUNDA Patrick yanditse ku itariki ya: 1-06-2021  →  Musubize

Utanze igitekerezo kiss rwose

Nsengimana gerard yanditse ku itariki ya: 1-06-2021  →  Musubize

Nukuri Imana iduhere umugisha Abayobozi bacu bakuru b’igihugu ibakomze ibashyigikire ibarinde bakomeze kuyobora neza ururwanda barushakira ibiruteza imbere barakarama

Hatangimana jean bosco yanditse ku itariki ya: 1-06-2021  →  Musubize

Murakoze cyane turashimye mubyemezo mufata

Nziyonizeye yanditse ku itariki ya: 1-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka