Imbere mu nama y’Abaminisitiri yakuyeho Guma mu Rugo (Video)

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere umunani twari tuyimazemo iminsi ivuyeho.

Dore uko biba byifashe mu nama y’Abaminisitiri

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Nge ndumva ibyobyose ntamumaro

Babanze bafungure utubari

alias yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

YEWE, KERETSE NIBA UCURUZA AKABARI (GUSA NABO IYI NDWARA IBIGIRIJEHO NKANA ARIKO SI MU RWANDA GUSA) NAHO NIBA URI UMUNYWI USANZWE NTIWABUZE INZOGA, KANDI ISIGAYE IRYOHA IYO URI WENYINE WIBEREYE MU RUGO!

Queen yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka