Ibiciro by’ingendo mu modoka za rusange byagabanutse

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwasohoye amabwiriza ajyanye n’impinduka mu gutwara abagenzi mu modoka za rusange, izo mpinduka zikaba zigaragaza ko ibiciro byagabanutse, hashingiwe ku kuba umubare w’abagenda mu modoka wongerewe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Mwatubariza impamvu abagenzi baturuka Nyacyonga -karuruma -mumugi ibiciro byongerewe cyane pe ugererenyije nibyari bisanzweho muri kino gihe hagendaga mo agagenzi bake ndetse nibiciro bisanzwe

dudu yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

turabashimiye ku makuru meza mudahwema kutugezaho Imana ibahe umugisha

fabrice cris yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Ntabwo igiciro cyagabanutse!!!! Murebe igiciro twariho mbere covid19, iki wavuga ko cyagabanutse imodoka igitwara 50%!!!!! Ariko kuva aho yasubiye kuri 100% cyiyongereye.

Ahubwo dusubiye kumodoka gutwara 50% noneho byaba danger.

Gatari yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Ko imibare ifatizo y ibiciro by’ amafaranga bitagaragar?

Hash yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Nonese kunyereka itangazo mukanambwira ko byagabanutse ndamenya nishyura angahe? Nari ngizengo mufite urutonde rwabyo!

Mugisha yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka