Ibiciro by’ingendo mu modoka za rusange byagabanutse
Yanditswe na
KT Editorial
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwasohoye amabwiriza ajyanye n’impinduka mu gutwara abagenzi mu modoka za rusange, izo mpinduka zikaba zigaragaza ko ibiciro byagabanutse, hashingiwe ku kuba umubare w’abagenda mu modoka wongerewe.


Kanda HANO urebe uko ibiciro bishya by’ingendo mu modoka za rusange bihagaze
Inkuru zijyanye na: RURA n’ibiciro by’ingendo
- Turishimye kubera igabanuka ry’ibiciro by’ingendo - Abagenzi
- Reba ibiciro bishya by’ingendo bivuguruye
- Ikibazo cy’ibiciro by’ingendo cyangezeho – Perezida Kagame
- RURA yahagaritse icyemezo yari iherutse gufata ku biciro by’ingendo
- Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byakiriye ibibazo by’izamuka ry’ibiciro byo gutwara abantu
- Menya impamvu hari imihanda yo muri Kigali yazamuriwe igiciro cy’ingendo
- RURA yasobanuye impamvu ibiciro byo gutwara abagenzi bitasubiye uko byahoze mbere ya Covid-19
- Hari abavuga ko ibiciro bishya byo gutwara abagenzi byabagoye
- Reba uko ibiciro bishya by’ingendo mu modoka za rusange bihagaze
- Kubahiriza amabwiriza y’ingendo mu modoka rusange bizatangira nyuma yo kuvugurura ibiciro - RURA
Ohereza igitekerezo
|
Mwatubariza impamvu abagenzi baturuka Nyacyonga -karuruma -mumugi ibiciro byongerewe cyane pe ugererenyije nibyari bisanzweho muri kino gihe hagendaga mo agagenzi bake ndetse nibiciro bisanzwe
turabashimiye ku makuru meza mudahwema kutugezaho Imana ibahe umugisha
Ntabwo igiciro cyagabanutse!!!! Murebe igiciro twariho mbere covid19, iki wavuga ko cyagabanutse imodoka igitwara 50%!!!!! Ariko kuva aho yasubiye kuri 100% cyiyongereye.
Ahubwo dusubiye kumodoka gutwara 50% noneho byaba danger.
Ko imibare ifatizo y ibiciro by’ amafaranga bitagaragar?
Nonese kunyereka itangazo mukanambwira ko byagabanutse ndamenya nishyura angahe? Nari ngizengo mufite urutonde rwabyo!