#GumaMuRugo i Kigali irakomeje kugera tariki 07 Gashyantare 2021

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 02 Gashyantare 2021 iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

U Rwanda ni kimwe mu bihugu rufata ibyemezo ruhubutse hatakozwe ubushakashatsi ngo haboneke ikibereye umuturage kandi kimufitiye akamaro.

Ngaho bazamuye umusoro w’ubutaka, abaturage barasakuje Leta nayo ngo turaje tubisubiremo kandi inteko yari yabyemeje.

Ngaho inkingo nazo ziraje kandi naho zakorewe ziracyakemangwa ku ngaruka zishobora kuzatera abakingiwe none u Rwanda narwo ngo ni urwa mbere mu ruzazifata. Nibaza icyo inteko imaze!

Ngaho guma mu rugo za buri kanya, bavuga ngo abantu ntibakurikiza amabwiriza kandi nabo ibibuga by’indege birakora abantu barinjira kandi bikagaragara ko hari abaciye ku kibuga banduye.

Mwigishe abaturage uko birinda ariko Leta nayo ishyireho ingamba zihamye zo kurinda umuturage ariko zitamwicishije inzara.

Umuturage yanditse ku itariki ya: 3-02-2021  →  Musubize

Twese tuzakora kuri8mutubarize Nina aramashuri ninsejyero nubukwe bizagumya gufunga

Erise yanditse ku itariki ya: 3-02-2021  →  Musubize

nibyiza kumyanzuro mwafashe, yokwirinda covid 19, ariko mutujyirire, murekure na kazi, tujye ndukora twubahirije ibisambwa, mukwirinda covid 19, murakoze

muhire david yanditse ku itariki ya: 2-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka