Guma mu Rugo ikuweho muri Kigali no mu turere umunani twari tuyirimo (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere umunani twari tuyimazemo iminsi ivuyeho.

Iyo Nama y’Abaminisitiri kandi yemeje ko ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’intara ndetse n’uturere tw’igihugu zisubukuwe, uretse izo kujya no kuva mu mirenge iri muri Guma mu rugo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

Mbanje kubashuhuza
Ndashimira ibyemezo byi’nama yaba minister yatenye kuba ya tudohoreye ku Guma murugo cyane cyane mu mujyi wa Kigali nari mpfite impungenge kubera imibare yiyongeraga buri munsi
Nkaba nasabaga abanya Kigali by’umwihariko ko twakomeza kwirinda kugingo kuri 14/8:bataza dushubizamo murakoze:

Silas yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Mbanje kubashuhuza
Ndashimira ibyemezo byi’nama yaba minister yatenye kuba ya tudohoreye ku Guma murugo cyane cyane mu mujyi wa Kigali nari mpfite impungenge kubera imibare yiyongeraga buri munsi
Nkaba nasabaga abanya Kigali by’umwihariko ko twakomeza kwirinda kugingo kuri 14/8:bataza dushubizamo murakoze:

Silas yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Imana ishimwepe barebye kure

Benoit yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Mwakoze ku makuru meza mutugezaho yarakenewe cyane

Jean yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Mwiriwe neza mwatubwiye niba imipaka ifunguye murakoze

Japhet yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Ahwiiiiiiii,Imanishi.mwecyanedushimye,imyanzuroya Baminisitiri kobadukuyemurugo.twaritumazekuhumirirwa.arikotunasabakomugihebafunguye ibikorwa bajyebibukakonogusengabifite agacirokaninimuzimabwubikora.murakoze.

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 31-07-2021  →  Musubize

Hello,
murakoze cyane kutugezaho ubutumwa bwavuye mu myanzuro y’inama y’abaministri kubijyanye na COVID-19.
Komereza ahorwose kandi nyagasani akomezeakwagure mu mwuga wawe ukora.

Aashraaf Bil Shilaq yanditse ku itariki ya: 30-07-2021  →  Musubize

Akompfite igitekerezo uwafungura ibintu byose noneho tukongera imisoro nkigihe Wenda kingana numwaka uwasoraga 5000fr agasora icumi uwasoraga icum agasora 20000fr nkomugihe kingana numwaka ubu ntambaraga twaba twiyunguye tugatumiza inyingo nubwoharabazaba bampfuye arko hazakira Aband benciz kubera urwo rukingo kuko guma murugo ntizarinda abantu gupfa ahubwo izabatera gusara kuber ibibazo nukuri

Clement yanditse ku itariki ya: 30-07-2021  →  Musubize

Ndasahimira perezida wacu wari uyoboye iyi nama kumyanzuro yafashwe ijyane no kwirinda icyorezo cya covid19
nibyo koko gahunda ya guma murugo ivuyeho,ingendo zirafunguwe ariko abaturage turacyasabwa gukurikiza AMABWIRIZA yose uko anagana ajyanye no kwirinda iki cyorezo nahacu ho kwita kubuzima bwacu
RUBAVU,Youth volonteer dukomeze dutange umusanzu wacu tube indorerwamo ya bagenzi bacu mugukumira ikwirakwiza rya covid19.

Murakoze

claude yanditse ku itariki ya: 30-07-2021  →  Musubize

Nukuri twongeye kwishima ko guma murogo ikuweho ariko twese nkabanyarwanda dukomeze kubahiriza amabwiriza ya rbc yokwirinda covid 19

Nzabandora samuel yanditse ku itariki ya: 30-07-2021  →  Musubize

Mbanje kubashimira uko mutwitayeho kabisa uko ibi byemezo babifashe niko byagombaga gukorwa ahubwo bite no kubayobozi bayoboye amadini n,amatorero ya Gikristo badashaka guha abayoboke babo amakuru y,ibikorerwa munzego zabo z,ubuyobozi Murakoze.

Augustin Ntambabazi yanditse ku itariki ya: 30-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka