Gukorera permis byasubukuwe: Dore uko amashuri yigisha gutwara ibinyabiziga yiteguye

Polisi y’u Rwanda iherutse gutangaza ko guhera tariki 02 Ugushyingo 2020, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda rizasubukura ikoreshwa ry’ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga.

Kigali Today yaganiriye na bamwe mu bakora umwuga wo kwigisha gutwara ibinyabiziga maze bavuga ko COVID-19 yabagizeho ingaruka zikomeye, ariko ko ubu biteguye kongera gusubukura imirimo, bubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Reba uko babisobanura muri iyi Video:

Ibitekerezo   ( 2 )

Murakoze,twasabaga ko nomucyaro mwakwirakwizayo Ayo masomo kuko akenewe nabenshi Kandi badafite uburyo bwo kuyigira mu mujyi ,nubwo agiye aba hamwe na hamwe ariko ni make . ndi nyagatare muzarituzanire Basi nyirangegene .murakoze

Gafishi faustin yanditse ku itariki ya: 31-10-2020  →  Musubize

REKA DUSHIMIRE POLICE YACYU KUBA YIBUTSE NABIGA GUTWARA IMODOKA TURASABA KO MWATUBARIZA NABAFITE PERMET PROVISOIR ZARANGIJE IGIHE KUBERA COVID19 HAKABURA UBURYO BWO KUZONGERESHYA UKO GAHUNDA ZABYO ZIMEZE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka