Gerageza amahirwe mu marushanwa y’imivugo n’indirimbo bisingiza Intwari z’Igihugu

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe, rufite mu nshingano gukora ubukangurambaga no gufatanya n’izindi nzengo kwigisha Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko umuco w’ubutwari.

Ubu bukangurambaga bushobora gukorwa hifashishijwe ibiganiro mbwirwaruhame, inyandiko, imfashanyigisho, amashusho, indirimbo, imivugo n’ibindi birango bitandukanye bigera ku Banyarwanda bivuga cyangwa bigaragaza umuco w’ubutwari n’indangagaciro ziwushamikiyeho.

Ni muri urwo rwego muri uyu mwaka wa 2020-2021, Urwego rwateguye amarushanwa y’imivugo n’indirimbo bisingiza intwari z’u Rwanda bikanamamaza indangagaciro z’umuco w’ubutwari.

Ibisobanuro birambuye kuri aya marushanwa wabisanga muri iri tangazo:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Mwarakoze gutekerereza ubu buryo Nkotanyo ndi umusizi Ndaruhutse Olivier Jimmy (Masunzu)

Ndaruhutse Olivier yanditse ku itariki ya: 12-01-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka