#G20: Perezida Kagame yahuye n’abayobozi batandukanye (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari i Roma mu Butaliyani aho yitabiriye inama ya G20, ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, akaba yaraboneyeho no kugirana ibiganiro n’abayobozi b’ibihugu bitandukanye ndetse n’abandi banyacyubahiro bitabiriye iyo nama.

Perezida Kagame ari kumwe na Emmanuel Macron w'u Bufaransa
Perezida Kagame ari kumwe na Emmanuel Macron w’u Bufaransa
Perezida Kagame ari kumwe na HM Queen Máxima wa Netherlands
Perezida Kagame ari kumwe na HM Queen Máxima wa Netherlands
Perezida Kagame ari kumwe na Charles Michel, Perezida wa EU
Perezida Kagame ari kumwe na Charles Michel, Perezida wa EU
Perezida Kagame ari kumwe na Mario Draghi, Minisitiri w'Intebe w'u Butaliyani
Perezida Kagame ari kumwe na Mario Draghi, Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani
Perezida Kagame hamwe na Dr Ngozi Okonjo-Iweala, Umuyobozi mukuru wa WTO
Perezida Kagame hamwe na Dr Ngozi Okonjo-Iweala, Umuyobozi mukuru wa WTO
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka