Eid Mubarak: Igisibo cya Ramadhan gisigiye iki aba Islam (Video)

Kuri iki cyumweru, Umuryango mugari w’aba Islam ku isi urizihiza Umunsi mukuru wa Eid El Fitr, usoza ukwezi kw’igisibo cya Ramadhan.

Igisibo cya Ramadhan cy’uyu mwaka kikaba cyararanzwe n’umwihariko, kuko cyahuriranye n’ibihe bidasanzwe byo kubahiriza amabwiriza yashyizweho n’inzego z’ubuzima, agamije kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi.

Mu Kiganiro na Sheikh Mussa Sindayigaya Ushinzwe imari n’igenamigambi mu Muryango w’Aba Islam mu Rwanda, yatangaje uburyo aba Islam bitwaye muri iki gisibo, anavuga muri rusange icyo gisigiye Aba Islam .

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka