Dr Sabin Nsanzimana wayoboraga RBC yahagaritswe ku mirimo

Dr Nsanzimana Sabin wari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) yabaye ahagaritswe ku mirimo.

Dr Sabin Nsanzimana
Dr Sabin Nsanzimana

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku gicamunsi cyo ku itariki ya 7 Ukuboza 2021, bitangaza ko Dr Nsanzimana Sabin yahagaritswe ku mirimo kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019 iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ni yo yari yemeje ishyirwaho ry’abayobozi mu nzego zinyuranye z’Igihugu harimo na Dr Nsanzimana Sabin wasimbuye Dr Condo Jeanine.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Les contre success

papa yanditse ku itariki ya: 10-12-2021  →  Musubize

very sorry to dr sabin , ntakundi gusa ntabwo igihugu cyacu kirenganya ahubwo barakurenganura , leka hakorwe iperereza

Gisagara Augustin yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Bjr?ubu tutabeshyanye ntimudushyize murujijo?munatubwire icyo yakoze cyatumye ahagariko,ibitaribyo inkuru ndabona ituzuye

Ubudasa yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Bibaho yihangane Leta y’U Rwanda ntirenganya.

Alias yanditse ku itariki ya: 8-12-2021  →  Musubize

Ooh,niyihangane kandi yiringire Imana muri ibi bihe bitamworoheye.Niba hari aho yafuditse azihane,niba kandi ari ibinyoma ntazabura kurengerwa.

DUKOMEZEGUSENGA Védaste yanditse ku itariki ya: 7-12-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka