Dore morale! Baryohewe no kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda (Video)

Tariki ya 26 Mata 2021 ni umunsi utazibagirana mu buzima bw’abasore n’inkumi 721 bari basoje amasomo yabo abemerera kwinjira mu Gisirikare cy’u Rwanda nka ba Ofisiye bato, bahabwa n’ipeti rya Sous-Lieutenant. Ibi babigaragaje muri ’morale’ n’ibyishimo bidasanzwe nyuma y’umuhango wo kubambika ipeti ya Sous-Lieutenant, wayobowe na Perezida Paul Kagame.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Tubarinyuma bana b’URWANDA kdi tubahoza kumutima namasengshyo menshi ngo IMANA ibarinde

Obed MUGUNGA yanditse ku itariki ya: 23-06-2023  →  Musubize

Yemwe nimukomeraho ngabo zurwanda natwe turabashyigikiye

Niyonagira cloude yanditse ku itariki ya: 27-04-2021  →  Musubize

Mukomereze aho bana b’u Rwanda, turabashyigikiye

HABANA Eric yanditse ku itariki ya: 27-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka