Dore ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri
Yanditswe na
KT Editorial
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020, yafatiwemo ibyemezo bikurikira:
Mutubyire kubijyane na bakinnyi ba reyol igihe bazatagirira imwitozo
Mwaramutse neza. Kungamba zirebana n’insengero bivuzeko insengero bisobanuye ko zose zujuje ibyangombwa zemerewe gutangira yifungura?
Yego ariko zikubahiriza amabwiriza yatanzwe