Dore ibiciro bishya by’ingendo

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), ku wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2024, rwashyize ahagaragara ibiciro bishya by’ingendo mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange, bikazatangira gukurikizwa ku wa Gatandatu tariki 16 Werurwe 2024.

Uko ibyo biciro biteye:

Mu Mujyi wa Kigali:

Ibiciro byo mu Ntara:

Ibitekerezo   ( 26 )

Nugutegereza tukareba arko
Icyigaragara cyo nuko ingendo zitari ngombwa ziburijwemo pee!

Habineza Jeanpaul yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Biragaragarako haringendo zimwe na zimwe ntoya zagabanutse ibiciro arko ingendo ndende zakubwe hafi kabiri

Ubwo rero ntecyerezako n’ibucuruzwa bigiye guhenda kuko simbona umucuruzi wategeye bitanu(5000) yongera kugurisha umwenda wa (3000)
Rubanda rugufi hehe no kongera kujya kwiduka ngo agiye kugura indagara z’ijana(100)

Kabaye!!!

Habineza Jeanpaul yanditse ku itariki ya: 16-03-2024  →  Musubize

Ibitekerezo rero reta nkumubyeyi nigerageze akangurire private sector bazamure imishahara kuko na reta izabikora ,ubworero barebe Inshuro ibiciro bizamutse imishahara yabantu itiyongera icyo kintu kizarebweho kuko abantu ibiciro buraturemere kubera tubuze nkunganire ya reta
Murakoze

Mugenzi Ezekiel yanditse ku itariki ya: 15-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Pe ndumva aribyo nonese twisabire ibyo biciro Niko bizakurikizwa rwose ndahamyako abaturajye tuzabigwamo kuko ababishinzwe ntibabikurikirna ugasanga umuturajye niwe ubigwamo ingamba ntimuzitubwira kuzarenza ibiciro kdi umuturajye yibwe

Mutoni yanditse ku itariki ya: 15-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Abadafit’akazi mudushire ubryo bwakazi.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Kuva mubigenje gutyarero mushyireho ubryo bwakazi mbese muyandimagambo haboneke ibikorwa bitanga amafaranga.murakoze.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Kuva mubigenje gutyarero mushyireho ubryo bwakazi mbese muyandimagambo haboneke ibikorwa bitanga amafaranga.murakoze.

Ndagijimana yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Hhh inkuru nziza lbx mukomereze aho

Dj kkkkk yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Hhh inkuru nziza lbx mukomereze aho

Dj kkkkk yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Murikuturihisha ahar? Ibibiciro biratubangamiye mubisubiremo

John yanditse ku itariki ya: 14-03-2024  →  Musubize

Ibiciro by’amafaranga mwashizeho rwose nimenßhi mugerageze mubigabanye kuburyo buri mynyarwanda wese yisangamo murakoze

Bimenyimana Yves yanditse ku itariki ya: 13-03-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka