COVID-19: Abayobozi bakuru bigomwe umushahara wabo wa Mata
Yanditswe na
Charles Ruzindana
Mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya Coronavirus, Leta y’u Rwanda yemeje ko abagize Guverinoma bose, Abanyamabanga bahoraho, Abayobozi b’ibigo bya Leta ndetse n’abandi bayobozi bakuru mu nzego z’igihugu, bazigomwa umushahara wabo w’ukwezi kwa Mata.

Abayobozi bakuru bigomwe umushahara wabo w’ukwezi kwa Mata
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga koi bi bigamije kunganira ingamba zafashwe zo gufasha abagizweho ingaruka n’icyo cyorezo.
Guverinoma y’u Rwanda irashimira Abanyarwanda bose ku bufatanye bakomeje kugaragaza ndetse no kumvira amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Coronavirus.

Inkuru zijyanye na: Coronavirus
- Perezida Museveni wa Uganda bamusanzemo COVID-19
- Bangladesh: Habonetse abantu 68 banduye COVID-19 mu masaha 24
- #COVID19: Abantu 32 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 11,440
- #COVID19: Abantu 27 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 9,528
- #COVID19: Abantu 28 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 9,555
- #COVID19: Abantu 23 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 8,951
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,212
- #COVID19: Nta muntu wanduye mushya mu bipimo 1,215
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,290
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,131
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,224
- #COVID19: Abantu batanu banduye babonetse mu bipimo 1,515
- #COVID19: Abantu 6 banduye babonetse mu bipimo 974
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,828
- #COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 2,071
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,500
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,467
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,207
- #COVID19: Nta muntu wanduye mushya mu bipimo 1,328
- #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye ni 2,195
Ohereza igitekerezo
|
ABAKOZI BA LETA BOSE BIBAGEREHO
TWARIKUBABARA CYANE IYO BAKOMEZA GUHEMBWA ABANDI CRISE IBAMEREYE NABI CYANE KO HARI ABAKORESHAGA IMBARAGA Z UMURENGERA MU GUSHYIRA MU BIKORWA IBYEMEZO BYA LETA KUKO BIBWIRAGA KO BO UKO BYABA BIMEZE KO CIVID 19 ITABAREBA
LETA MWAKOZE CYANE
IKI NI KIMWE MU BIKORWA BY’INDASHYIKIRWA LETA IKOZE
ABAKOZI BA LETA BARI KUMVA KO BO IBYAGO BYAZA BYOSE NTACYO BIBABWIYE KUKO NTA HUNGABANA RY UBUKUNGU BAGIRA
ARIKO UBU BYEREKANYE KO UMWE WA NYAKABYIZI, UWACURUZAGA,UWATANGAGA UWO MUSORO BAHEMBWA TWESE TWIFATANIJE INGARUKA Z ICYOREZO ZATUGEZEHO TWESE ATARI KURI BAMWE.
N ABANDI BIFITE BOSE BATANGE IBIRYO BIGERE KUBATIFASHIJE BOSE
MTN NA AIRTEL BADUHE MBs ZO KUGIRANGO TUREBE AMAKURU HIRYA NO HINO KURI MURANDASI BARABA BAKOZE NABO.
murwego rwokuguma kubahiriza gahunda guma murugo, imiyoboro ya mtn na Airtel Tigo niyo ikwiye kureba abakiriya boyo ikabaha iminota yubuntu muri ukukwezi kwa Mata Kuko ntawukiva murugo
Mu gihe urugamba rukaze nibwo imirindi y’intwari yumvikana.Abayobozi barakoze cyane!ni ubutwari pee!. No mu nzego z’ibanze barebereho.Ndavuga nk’abo usanga aho kurinda abo bayoboye badatinya no kubanyaga duke twari ku bagoboka, Nk’umuntu ubasha akanyereza inkunga zagenewe kugoboka abantu badafite imibereho muri iki gihe,Mudufashe rwose. Nta muyobozi ukwiye kuba ikigwari
Uru ni urugero rwiza.
REG na WASAC nabo nibigomwe umuriro n’amazi muri uku kwezi kwa Mata tugume mu rugo dukurikirana amakuru kuri Radio, Television ndetse no ku mbuga nkoranyambaga.Ndetse tunakaraba intoki kenshi gashoboka.