Arashimira Banki ya Kigali yamufashije gusubirana amafaranga miliyoni enye yari yataye

Uwitwa Dr. Mbonigaba Celestin yashimiye Banki ya Kigali (BK) yamufashije kubona amafaranga yari yataye.

Abinyujije kuri Twitter, Dr. Mbonigaba yagize ati “Ndashimira ubuyobozi bwa Banki ya Kigali ku mutekano w’abakiriya n’ibyabo bagira. Ubwo nashakishaga aho nataye miliyoni enye, bifashishije ikoranabuhanga ryabo barashakisha bayansubiza umunsi ukurikiyeho kandi nta kiguzi banyatse. Mwakoze BK.”

Ubuyobozi bwa banki ya Kigali na bwo bwamushimiye, bwongeraho ko ari inshingano zabwo gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo igihe bari muri banki ya Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Banki ya BK nibyo koko itanga service nziza kandi kubayigana bose muri make abakozi bayo ni abanyamwuga (professionals) courage vraiment.

Habimana yanditse ku itariki ya: 22-02-2023  →  Musubize

Nagujije 99’000 bayampaye ntiyaza kuri konti ubwoc nzayabona?

Jean Damascène munyemana yanditse ku itariki ya: 19-11-2020  →  Musubize

Nagujije 99’000 bayampaye ntiyaza kuri konti ubwoc nzayabona?

Jean Damascène munyemana yanditse ku itariki ya: 19-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka