Amashuri arafunzwe muri tumwe mu turere n’Umujyi wa Kigali

Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rikubiyemo amabwiriza mashya yo kwirinda Covid-19, riravuga ko amashuri yose, harimo na za kaminuza afunzwe mu Mujyi wa Kigali no mu turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana.

Hamwe n’ibindi byemezo bikubiye muri iryo tangazo birimo ko n’ingendo zibujijwe guhera saa kumi n’ebyiri (18:00), bizatangira gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Nyakanga 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Aha mukarere ka Gakenke kuri E.S BUHUGA ubujura buraturembeje rwose mutugiriye neza mwadukorera ubuvugizi kuko abanyeshuri bazatahana ibikoreshO Nibake cyane kuko UBUYOBOZE bwi ikigo ntacyo bubikoraho kandi bubizi bunahabwa amakuru
icyi gitekerezo nyibahaye kuko tubabaye cyane najye ndumwe mubanyeshuri bibwe muri E.S BUHUGA.

MURAKOZE

GATETE JIMMY yanditse ku itariki ya: 29-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka