Amasaha y’ingendo yagabanyijwe, izihuza uturere n’iziduhuza na Kigali zirabujijwe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kamena 2021 iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafatiwemo ibyemezo bijyanye no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, birimo no kuba ingendo mu gihugu hose zibujijwe guhera saa moya z’ijoro.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

Ntibyoroshye pepepe!!!!!!!

hakizimana j’m’v yanditse ku itariki ya: 23-06-2021  →  Musubize

Ntibyoroshye pepepe!!!!!!!

hakizimana j’m’v yanditse ku itariki ya: 23-06-2021  →  Musubize

ibya covid nta wamenya iherezo ryabyo ahubwo n’abanyeshuri mubareke bitahire

ABEL yanditse ku itariki ya: 22-06-2021  →  Musubize

Covid-19 ikomeje kurushaho kwiyongera, ningombwa ko turushaho gukaza ingamba rwose. Ntabe Ari njye ntabe Ari wowe wanduza abandi, ahubwo dusenyere umugozi umwe tuzatsinda.

HARORIMANA Jean Damascène yanditse ku itariki ya: 22-06-2021  →  Musubize

Tulabashimilakumakulumutugezaho kigalitoday mulabambele

CLEVEL yanditse ku itariki ya: 22-06-2021  →  Musubize

Marashi wagiye wandika inkuru neza ko twese nta terefone nini tuba dufite?

Damuru yanditse ku itariki ya: 22-06-2021  →  Musubize

Ariko nukuri ubukwe barabuhemukiye Basi iyo bagabanya abantu arlko ntibabikureho burund kuko ibibint birakomeza gukurura igihombo cyinci nibura gusezerana imbere yamategeko bakabireka bakagabanya abantu kuko nubund mugikumwe ntamunt ugishaka kwakira abantu benc nukuri igikumwe iyo bakireka bakagabanya abantu

Humura yanditse ku itariki ya: 21-06-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka