Amasaha y’ingendo n’ayo gukora yongerewe (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Kanama 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko ingendo zibujijwe guhera saa mbili z’ijoro kugeza saa kumi za mugitondo.

Iyo nama kandi yemeje ko ibikorwa byose byemerewe gukomeza bizajya bifunga saa moya z’ijoro.

Ni mu gihe mbere ingendo zari zibujijwe guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, naho ibikorwa byemerewe gukomeza byo bikaba byahagarikwaga saa kumi n’imwe z’umugoroba.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Nitwa Bizumugaba eric wo mukarere ka gatsibo urugomo rurakabijye cyane?

Bizumugaba eric yanditse ku itariki ya: 12-08-2021  →  Musubize

Mwiriwe?tunejejwe nokuba mwongereye amasaha ari nibindi bikorwa bitarafungura kuva covid 19 yagera murwanda mubitecyerezeho ababikiragamo barahangayitse cyane

Alias yanditse ku itariki ya: 11-08-2021  →  Musubize

Mwiriwe?tunejejwe nokuba mwongereye amasaha ari nibindi bikorwa bitarafungura kuva covid 19 yagera murwanda mubitecyerezeho ababikiragamo barahangayitse cyane

Alias yanditse ku itariki ya: 11-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka