Amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Minisiteri y’Uburezi, iramenyesha Abaturarwanda bose ko ejo ku wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2023 saa saba z’amanywa, hazatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, umwaka w’amashuri 2022-2023.

Ni itangazo iyo Minisiteri yanyujije ku rubuga rwa X kuri iki cyumweru tariki 03 Ukuboza 2023.

Abanyeshuri bakoze ibizamini bize amashuri yisumbuye mu masomo rusange ni 48,543, ni mu gihe abize mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ari 28,141, naho 3,978 bakaba ari abize mu mashuri nderabarezi.

Ibitekerezo   ( 18 )

Mwaramutse rwose turashimako mudahwema kutugezaho amakuru agezweho Kandi nanone twishimiye kumenya ino gahunda yo kutumenyeshako amanota agiye gusohoka nurakoze

NISHIMWE Cedric yanditse ku itariki ya: 4-12-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza? Nashakaga kubaza amanota y’abantu bazahabwa impamyabushobozi ni angahe ayanyuma? I mean abantu batsinzwe bagomba kuba bari munsi y’angahe? Murakoze cyane.

Alias yanditse ku itariki ya: 4-12-2023  →  Musubize

Murakoze kumakurumwaduhaye

Rukundo yanditse ku itariki ya: 4-12-2023  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka