Hasohotse amabwiriza avuguruye yoroshya imikoreshereze y’insengero

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yasohoye amabwiriza avuguruye agenga imikoreshereze y’insengero muri iki gihe cya COVID-19.

Bimwe mu bishya biri muri aya mabwiriza ni uko kubatiza n’andi masakaramentu byemewe.

Abana bafite imyaka 6 kuzamura bemerewe kujya gusenga bari kumwe n’ababyeyi.

Amadini/Amatorero yongerewe indi minsi 2 mu cyumweru bihitiyemo yo gusenga.

Urusengero rwemerewe kwakira 50% by’ubushobozi bwarwo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

Nibyiza rwose nkatwe abanyarwanda biradushimishije tubahirize amabwiriza yokwirinda covid 19 murakoze

Ndayambaje J pierre yanditse ku itariki ya: 8-12-2020  →  Musubize

TURASHIMA ABAYOBOZI BACU KUBWO GUKOMEZA GUFUNGURA INSENGERO ARIKO BASESENGURE BAREBE NABARI MUNYUBAKO ARIKO BAGUZE AKUMA GAPIMA UMURIRO BAFITE KANDAGIRA UKARABE HAND SAN TZ BAYOBOZI NIMWOROSHYE BASENGE NONEHO BUBAKE BISHIMYE KANDI BIRINDA COVIDE19? MURAKOZE NDABASIMIYE

HABIMANA JEANPOUL yanditse ku itariki ya: 8-12-2020  →  Musubize

Ubwose aba maman bafite abana bato ntakujya gusenga?

Alexis yanditse ku itariki ya: 7-12-2020  →  Musubize

Nonese tuzajya dutwara abana bakuru dusige murugo incuke koko?

Ndayisenga vedaste yanditse ku itariki ya: 5-12-2020  →  Musubize

Uzahitemo ikizakubera kiza. Ntawe uguhatira

Fred yanditse ku itariki ya: 6-12-2020  →  Musubize

Turashimiraletay, urwandakubayongeyekuvugurura,amabwiriza,agenga amadinin, amatoreromuri,icyigihe cya covid19.

Hatangimana flavien yanditse ku itariki ya: 5-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka