Hasohotse amabwiriza avuguruye yoroshya imikoreshereze y’insengero
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yasohoye amabwiriza avuguruye agenga imikoreshereze y’insengero muri iki gihe cya COVID-19.
Bimwe mu bishya biri muri aya mabwiriza ni uko kubatiza n’andi masakaramentu byemewe.
Abana bafite imyaka 6 kuzamura bemerewe kujya gusenga bari kumwe n’ababyeyi.
Amadini/Amatorero yongerewe indi minsi 2 mu cyumweru bihitiyemo yo gusenga.
Urusengero rwemerewe kwakira 50% by’ubushobozi bwarwo.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Nibyiza rwose nkatwe abanyarwanda biradushimishije tubahirize amabwiriza yokwirinda covid 19 murakoze
TURASHIMA ABAYOBOZI BACU KUBWO GUKOMEZA GUFUNGURA INSENGERO ARIKO BASESENGURE BAREBE NABARI MUNYUBAKO ARIKO BAGUZE AKUMA GAPIMA UMURIRO BAFITE KANDAGIRA UKARABE HAND SAN TZ BAYOBOZI NIMWOROSHYE BASENGE NONEHO BUBAKE BISHIMYE KANDI BIRINDA COVIDE19? MURAKOZE NDABASIMIYE
Ubwose aba maman bafite abana bato ntakujya gusenga?
Nonese tuzajya dutwara abana bakuru dusige murugo incuke koko?
Uzahitemo ikizakubera kiza. Ntawe uguhatira
Turashimiraletay, urwandakubayongeyekuvugurura,amabwiriza,agenga amadinin, amatoreromuri,icyigihe cya covid19.