Addis Ababa: Perezida Kagame yitabiriye inama y’Ubumwe bw’Afurika

Perezida Paul Kagame yageze i Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama ya 29 y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU).

Perezida aritabira inama y’Abakuru b’ibihugu izaba tariki 3 kugera 4 Nyakanga 2017, ikazaza ikurikiye izindi nama zayiteguraga zatangiye tariki 29 Kamena 2017.

Ingingo nyamukuru yibandwaho muri iyi nama ni "ukunoza ubwiyongere bw’abaturage, harebwa uko hatezwa imbere ishoramari rifasha urubyiruko."

Turakomeza kubakurikiranira aya makuru

Perezida Kagame yageze Addis Ababa.
Perezida Kagame yageze Addis Ababa.
Perezida kagame yakiranywe urugwiro.
Perezida kagame yakiranywe urugwiro.
Abo ni abari baje kwakira Perezida Kagame.
Abo ni abari baje kwakira Perezida Kagame.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka