Abayobozi bakuru berekeje mu mwiherero (Amafoto)
Yanditswe na
KT Editorial
Guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 08 Werurwe 2019, abayobozi bakuru mu nzego zitandukanye berekeje i Gabiro mu kigo cya gisirikari mu mwiherero.
Muri uwo mwiherero ugiye kuba ku nshuro ya 16, abo bayobozi bazawumaramo iminsi ine baganira ku ngingo zitandukanye zigamije iterambere ry’igihugu.
Aya ni amwe mu mafoto y’abo bayobozi ubwo barimo berekezayo. Ni amafoto yafashwe n’umunyamakuru Plaisir Muzogeye wa Kigali Today














































Kureba andi mafoto menshi kanda hano
Inkuru zijyanye na: umwiherero2019
- Perezida Kagame yasabye abayobozi kudahora basaba imbabazi
- Ijambo rya Perezida Uhuru Kenyatta i Gabiro
- Perezida Kenyatta yasanze Perezida Kagame mu mwiherero i Gabiro
- Umwiherero: Abayobozi bongeye kubyukira muri siporo banasuzumwa indwara zitandura (Amafoto)
- Yifashishije ibimenyetso n’imibare, Perezida Kagame yavuze ku bibazo by’u Rwanda na Uganda
- Umwiherero: Abayobozi bakuru bazindukiye mu myitozo ngorora-mubiri (Amafoto)
Ohereza igitekerezo
|