Abantu baburirwa irengero mu Rwanda: Umuyobozi wa RIB yagize icyo abivugaho
Yanditswe na
KT Editorial
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Rtd Col Ruhunga Jeannot, yatangaje ko hari impamvu zitandukanye zituma abantu bashobora kuburirwa irengero ariko ashimangira ko nta sano zifitanye na politiki.
Col Ruhunga Jeannot yasobanuye ko ikibazo cy’abantu baburirwa irengero ari ibintu bisanzwe kuko biterwa n’impamvu zitandukanye.
Ni ikibazo yabajijwe mu kiganiro inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubutabera zagiranye n’abanyamakuru, ubwo hatangizwaga Icyumweru cy’Ubucamanza cyizihijwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Ubuhuza nk’inkingi y’ubutabera bwubaka umuryango Nyarwanda”.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|