Abagore batorewe guhagararira bagenzi babo mu nteko bamenyekanye

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri ni bwo Komisiyo y’amatora yashyize hanze urutonde rw’ abagore, batorewe guhagararira bagenzi babo mu nteko ishinga amategeko.

Abo bagore batorewe mu ntara zose z’igihugu ndetse n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa kabiri, ni aba bakurikira.

Aba ni abazahagararira Intara y'Uburasirazuba
Aba ni abazahagararira Intara y’Uburasirazuba
Abazahagararira Intara y'Uburengerazuba
Abazahagararira Intara y’Uburengerazuba
Abazahagararira Intara y'Amajyepfo
Abazahagararira Intara y’Amajyepfo
Abazahagararira Intara y'Amajyaruguru
Abazahagararira Intara y’Amajyaruguru
Abazahagararira Umujyi wa Kigali
Abazahagararira Umujyi wa Kigali
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka