Minisitiri James Duddridge aragenderera u Rwanda

Minisitiri James Duddridge, ushinzwe Afurika, ububanyi n’amahanga n’umuryango w’ibihugu bivuga icyongereza (Commonwealth) araba ari mu Rwanda kuri uyu wa gatatu tariki 16 Ukuboza 2015.

Mu ruzinduko rwe mu Rwanda arahura n’abayobozi batandukanye ku bikorwa bitandukanye u Rwanda ruhuriyeho n’u Bwongeleza.

Minisitiri James Duddridge aragera mu Rwanda akomereze mu Burundi
Minisitiri James Duddridge aragera mu Rwanda akomereze mu Burundi

Biteganijwe ko uyu mnsi saa cyenda n’igice aza kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ku Cyicaro cya Ambasade y’u Bwongereza.

Azakomereza uruzinduko rwe mu Burundi, aho azaganira n’abayobozi b’icyo gihugu babazo bya politiki bihari Burundi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka