Dubai: Perezida Kagame yatanze ikiganiro ku ishoramari muri Afurika
Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Ugushyingo 2015, Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ya Global Business Forum (GBF) iri kubera mu Mujyi wa Dubai, aho yatanze ikiganiro ku mahirwe n’inyungu biri mu gushora imari mu Rwanda no muri Afurika.
Kigali Today
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
arasobanutse rwose uwo musaza!nanjye maze iminsi nibaza impamvu atajyayo ahantu haryoshye kuriya.ariko ubwo yagezeyo noneho ndumva koko babacuruzi bo muri matewusi bakwiye kwisuganya bimuka kuko ubwo abashoramali c UAE bagiye kutwubakira sky grape.
Nyakubahwa president, ikiganiro mwatanze nagikurikiye nsanga mukomeje kubera u Rwanda igisubizo mukurura abashoramari