Dubai: Perezida Kagame yatanze ikiganiro ku ishoramari muri Afurika

Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Ugushyingo 2015, Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ya Global Business Forum (GBF) iri kubera mu Mujyi wa Dubai, aho yatanze ikiganiro ku mahirwe n’inyungu biri mu gushora imari mu Rwanda no muri Afurika.

Perezida Kagame ni umwe mu batanze ikiganiro.
Perezida Kagame ni umwe mu batanze ikiganiro.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

arasobanutse rwose uwo musaza!nanjye maze iminsi nibaza impamvu atajyayo ahantu haryoshye kuriya.ariko ubwo yagezeyo noneho ndumva koko babacuruzi bo muri matewusi bakwiye kwisuganya bimuka kuko ubwo abashoramali c UAE bagiye kutwubakira sky grape.

kayijuka yanditse ku itariki ya: 17-11-2015  →  Musubize

Nyakubahwa president, ikiganiro mwatanze nagikurikiye nsanga mukomeje kubera u Rwanda igisubizo mukurura abashoramari

Nemeye yanditse ku itariki ya: 17-11-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka