Amakuru Amakuru mu Rwanda Uko abantu biteguye Noheli 24-12-2015 - 16:47' | Ibitekerezo ( ) Ibintu bitandukanye bijyanye na Noheli biri ku isoko Uyu yiteguye kwakira abamugana Byinshi mu bigurishwa biribanda kuri Noheli Hari n’ababa badaherukana bagahura bagiye guhahira Noheli Ikoranabuhanga naryo rirakoreshwahagati y’abaguzi n’abagurisha Papa Noheli(Pere Noel) nawe aba ari hafi aho Umubyeyi yakirwa Ikirugu kirateguye Umujyi nawo uratatse mu buryo bugezweho bijyanye n’umunsi Umujyi nawo uratatse mu buryo bugezweho bijyanye n’umunsi Aha naho ni uko byari byifashe Nyabugogo abantu babaye benshi bajya mu ntara no hanze y’igihugu kwishimishanya n’imiryango yabo Baba batoye imirongo ngo babashe kwinjira mu modoka mu mutekano Aba bari bapakiye ibyo bavuye guhaha Abantu batandukanye baba bitegereza ngo bareba ibyo bashobora kugura Aha naho ni uko hari hatatse Andi mafoto wareba hano https://www.flickr.com/photos/kigali-today/sets/72157660421494543 Ibitekerezo Ohereza igitekerezo Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye. Izina (ni ngombwa) Email (ni ngombwa) Igitekerezo cyanyu Please leave this field empty: Please leave this field empty: