Abayobozi berekeje i Nyagatare mu mihigo (Amafoto + Video)
Yanditswe na
KT Editorial
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukwakira 2020, abayobozi mu nzego zitandukanye bahagukuriye i Kigali mu buryo bwa rusange, mu mvura nyinshi yaramukiye i Kigali, berekeza i Nyagatare mu Burasirazuba bw’u Rwanda.
Muri ako Karere ni ho hagiye kubera igikorwa cyo gusinyana imihigo na Perezida Kagame, igikorwa cyari kimaze igihe gitegerejwe na benshi.
Reba mu mafoto uko byari byifashe ubwo bahagurukaga



















Kureba andi mafoto menshi, kanda HANO
Reba Video igaragaza uko bahagurutse i Kigali
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Video: Richard Kwizera
Inkuru zijyanye na: Imihigo 2020
- Abayobozi bave mu biro barusheho kutwegera nibwo tuzamenya ibyo bahize – Abaturage
- Ibanga Nyanza yakoresheje ikava ku mwanya wa 30 ikaba iya 5 mu kwesa imihigo
- Amajyepfo: Gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage, ibanga ryo kuza mu myanya y’imbere mu mihigo
- Imihigo: Abayobozi ba Rusizi na Karongi bavuze impamvu zatumye baza mu myanya ya nyuma
- Meya Habitegeko yahishuye ibanga ryatumye Nyaruguru iza ku isonga mu mihigo ya 2019-2020 (Video)
- Huye: Babyutse bajya gusanganira Meya ngo bishimire umwanya wa 2 bagize mu mihigo (Amafoto)
- Abanyarwanda bizera Perezida Kagame ku kigero cya 99,2% (Ubushakashatsi)
- Ntimukwiriye gutegereza ko mbereka ibibazo kugira ngo mubone kubikemura – Perezida Kagame abwira abayobozi
- Akarere ka Nyaruguru kahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2019-2020
- Uturere turasinyana imihigo na Perezida Kagame kuri uyu wa Gatanu
Ohereza igitekerezo
|
Ndabashimiye kubwitange mukomeje kutugaragariza murakoze
IBYOLETÀYÀKOZE.NIBYO
MUREBE NO KURUBYIRUKO RUKENEYE INGUZANYO RUDAFITE INGWATE
This project it’s so better to Rwandan youth