Karongi: Inkuba yishe abantu babili n’amazu arenga 10 atwarwa n’umuyaga

Mu masaha yo ku mugoroba wa tariki 09/10/2013 inkuba yakubise umwana na nyina mu murenge wa Rubengera akarere ka Karongi bahita bitaba Imana, n’amazu arenga 10 y’abahejwe inyuma n’amateka atwarwa n’umuyaga.

Aho mu murenge wa Rubengera kandi hamaze gusenyuka amazu arenga 10 yo mu mudugudu wo ku Kabuga utuwe n’abahejwe inyuma n’amateka.

Gasana Marcellin

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka