Inkongi y’umuriro yibasiye Bambino Super City

Uyu munsi ku tariki ya 21 Nzeli 2016, inkongi y’umuriro yibasiye ahazwi nko kuri “Bambino Super City, haherereye mu murenge wa Masaka mu Kerere ka Kicukiro.

Inkongi y'umuriro yibasiye Bambino Super City
Inkongi y’umuriro yibasiye Bambino Super City

Amafoto aturuka yo aragaragaza imyotsi y’umweru izamuka mu kirere ituruka mu nyubako zaho.

Ntiharamenyekana icyateye iyo nkongi n’ibyo yangije.

Bambino bisobanura umwana mu rurimi rw’Igitaliyani. Bambino Super City yatangiye imirimo yayo mu mwaka wa 2008.

Isanzwe ihuriramo abana bidagadura kandi bakiyungura ubumenyi, binyuze mu mikino no kwidagadura.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Inkongi yumuriro ngo mutahe!agafaranga ngo bye bye

Fuadhowe yanditse ku itariki ya: 26-09-2016  →  Musubize

Aha Nukumirwa.Kuko Bashishoje Barebe Icyabiteye Kbs.

Peter Imasaka yanditse ku itariki ya: 21-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka