Uwasigajwe inyuma n’amateka yishwe n’igitero cy’abamushinjaga kwiba umucanga (AUDIO)

Umwe mu basigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Kibeho, yishwe azize inkoni akubiswe n’abaturage bamushinjaga kubibira umucanga.

Umva inkuru KT Radio, radiyo ya Kigali Today, yakoze aho yaganirijhe abo basigajwe inyuma n’amateka basaba ko Leta yakurikirana abantu babatera mu mudugudu wabo, bakabahohotera, iyo hagize ikibazo kivuka muri ako gace.

Abasigaye bo muri uyu mudugudu w'abasiganjwe inyuma n'amateka bafite impungenge z'umutekano wabo
Abasigaye bo muri uyu mudugudu w’abasiganjwe inyuma n’amateka bafite impungenge z’umutekano wabo
Imbere y'icyumba cye aho bamutsinze
Imbere y’icyumba cye aho bamutsinze
Ku cyumba cya Uwiringiyimana basenye bashaka kumusangamo
Ku cyumba cya Uwiringiyimana basenye bashaka kumusangamo
Se w'uwapfuye na we yarakomerekejwe akaba ari kwa muganga
Se w’uwapfuye na we yarakomerekejwe akaba ari kwa muganga
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

wakumva mayor avuga ubusa ngo niwe washotoranye yashotorana yagira gute kwihanira ugatemagura umuntu ngo umucanga ntabwo bikwiye ababantu bashigajwe inyuma n’amateka babayeho nabi bibera mu micanga ibumba ingwa kugirango babeho yanabyiba pe agiye kuburara natwe duhora tubatesha amatafari imicanga amabuye wabiguze ugiye kubyubakisha yabifataho bakamwihera ibyo arya ariko rwose ntiyakabaye impamvu yo kumwica.

kagabo yanditse ku itariki ya: 30-06-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka