Kicukiro: Ikamyo yabuze feri yishe barindwi inangiza byinshi - AMAFOTO

Imodoka y’ikamyo yamanukaga iturutse i Nyanza ya Kicukiro yabuze feri imanuka, ihitana ibyo ihuye na byo byose, itangirwa n’amabisi abiri manini atwara abagenzi.

Mu ma saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 10 Kamena 2016, ni bwo iyi mpanuka yabaye, mu masaha y’urujya n’uruza rw’abantu ahazwi nka Kicukiro Centre.

Kugeza ubu imibare y’abaguye muri iyi mpanuka iracyashidikanywaho kuko abenshi bemeza hagati ya barindwi na 15.

Dore amwe mu mafoto uko byari byifashe nyuma y’impanuka:

Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 54 )

Bashoferi’mutwara:nimuzuzumeneza.inyabizingabyanyu!mbereyukomutwara?kandimwirinde:Ibiyobyabwenge’kujyiranko;twirinde’impantuka’yariyoyose?

bosco yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Twifanyishenamwe’mukabaro?kandi-mukomezekwihagana

alias yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

twifatanije nimiryango yabuze ababo
Imana ibakire mubayo

mutangana Sam yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

ababuze ababo bakomeze kwihangana.

tubanambazi girbert yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Imana ibahe uburuhukiro budashira kdi ihe ukwihangana ababuze ababo muri iyo mpanuka. birababaje cyane! gusa u rwanda twishyize mu maboko y’Imana.

yvonne yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

ABABURIYE ABANYU MURI IYI MPANUKA MUKOMEZE KWIHANGANA.

fred yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

MANA WEEEEE UBU KOKO ABABANTU TUBABUZE DUTE GUSA MANA UBAKIRE MUBAWE KANDI TUMENYE KO URUPFU TUGENDANA NARWO

fred yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Ntibyoroshye muriyi minsi abantu barigupfa umusubirizo Ndihanganisha ababuze ababo muri yimpanuka. pole Urupfu ntiruteguza nikorwabaye
Gusa nibyiza kwibuka gusenga burimunsi.

Pastor Runyange Benoit yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

twihanganishije imiryango yabuze abayo mwiyo mpanuka y’ikamyo yabereye i nyanza kandi dusabire abo imana yahamagaye kugirango ibiyakirire mubwami bw’ijuru.
DUHORE TWITEGUYE KUKO TUTAZI UMUNSI N’IGIHE.

DUSENGIMANA CASSIEN yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

RIP NYAGASANI UBAKIRE MUBAWE

Jackson yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

RIP kuri Nyagasani Abakire mu mahoro.

Jackson yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Umuryango wabuze ababo bihangane.Imana ibacyire mubayo.Duhore twiteguye kuko tutazi umunsi nigihe.

Mukabyiringiro OLIVE yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka