Kicukiro: Ikamyo yabuze feri yishe barindwi inangiza byinshi - AMAFOTO

Imodoka y’ikamyo yamanukaga iturutse i Nyanza ya Kicukiro yabuze feri imanuka, ihitana ibyo ihuye na byo byose, itangirwa n’amabisi abiri manini atwara abagenzi.

Mu ma saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 10 Kamena 2016, ni bwo iyi mpanuka yabaye, mu masaha y’urujya n’uruza rw’abantu ahazwi nka Kicukiro Centre.

Kugeza ubu imibare y’abaguye muri iyi mpanuka iracyashidikanywaho kuko abenshi bemeza hagati ya barindwi na 15.

Dore amwe mu mafoto uko byari byifashe nyuma y’impanuka:

Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 54 )

Ntitukibaze byinshi kubatuvuyemo.Ahubwo bijye bidusigira isomo twe ababa basigaye Ku isi. Ndihanganisha ababuze ababo muri iriya mpanuka yabereye I Nyanza ya Kicukiro.

vincent yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

Imiryango yaybuze abayo yihangne!

theogene yanditse ku itariki ya: 17-06-2016  →  Musubize

Bavandimwe, impanuka itwara ubuzima bw’abantu ni ibyago bikomeye! Imana ibakire! Aliko abanyamakuru cg abandi bakwirakwiza amafoto ku mbuga nkoranyambaga bagombye kwirinda kwerekana amafoto y’imirambo!! Njye mbona ari icyo twakita mu rufaransa "manque d’ethique".

Joseph yanditse ku itariki ya: 15-06-2016  →  Musubize

yo Imana ibakire mubayo disi birambaje cyane

tuyishime benjamin yanditse ku itariki ya: 12-06-2016  →  Musubize

Turakomeza tubereke Nyagasani abakire mube,
kandi nabasigaye mukomeze kwihangana.

Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Turimubihebyanyuma Dusenge Tubikuyekumutima?

Nzayisenga yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Imana ibakire mubayo ,ibahe iruhuko ridanshira imiyrango yihangane twifatanije mukababaro

Nzeyimana Vedaste yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

ababuze ababo mwihangane kandi mukomere muribibihe bitaboroheye kandi muharanire kusa ikivi cyabanyu bazize accident

jeanine uwayezu yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

twasaba ko ababuze ababo bafashwa gukurikina ibya asirance

jeanine uwayezu yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Imana ibakire mubayo kdi dodane zirakenewe mwuwo muhanda!

Niyigaba Clement yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Mama ubakire mu bawe

ufitinema jeannette yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Mama ubakire mu bawe

ufitinema jeannette yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka