Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Rwamagana: Ingo mbonezamikurire zafashije ababyeyi gukora imirimo ibaha amafaranga
Musanze: Isoko ryitezweho guca akajagari mu bucuruzi bw’Ibiribwa rigiye kuzura (Amafoto)
U Rwanda na Koreya y’Epfo byasinyanye amasezerano mu bucuruzi n’ishoramari
U Bushinwa: Umugabo w’imyaka 35 yavunitse igufa ry’itako kubera gukorora