Itangira rya FESPAD mu MAFOTO

Fesitivale izwi nka FESPAD yahujwe n’Umuganura, yatangiye mu Rwanda aho yatangijwe n’urugendo rwo gutembera mu Mujyi wa Kigali hamurikwa imico n’ubugenge bitandukanye.

FESPAD isanzwe ihuza ibihugu bitandukanye biza kugaragaza umwihariko mu mico yabo, yaherukaga mu Rwanda mu 2013. Kuri iyi nshuro yahujwe n’Umuganura nawo usanzwe umenyereye mu Rwanda usobanura kwishimira igihe cyo kweza.

Kigali Today izakomeza kubakurikiranira ibi bikorwa ariko twanahabagereye, tubahitiramo amwe mu mafoto yaranze urugendo rwiswe Carnival.

Tumwe mu dushya turi kuranga umutambagiro wa Carnival.
Tumwe mu dushya turi kuranga umutambagiro wa Carnival.
Imbyino za Kinyarwanda nazo ntizahatanzwe.
Imbyino za Kinyarwanda nazo ntizahatanzwe.
Habayeho umutambagiro kuva mu mujyi rwa gati kugera Nyabugogo.
Habayeho umutambagiro kuva mu mujyi rwa gati kugera Nyabugogo.
Abana bakora imikino ngororangingo bereka ubuhanga bwabo abagenzi.
Abana bakora imikino ngororangingo bereka ubuhanga bwabo abagenzi.
Abantu baje kwihera ijisho ari benshi.
Abantu baje kwihera ijisho ari benshi.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka