FESPAD isanzwe ihuza ibihugu bitandukanye biza kugaragaza umwihariko mu mico yabo, yaherukaga mu Rwanda mu 2013. Kuri iyi nshuro yahujwe n’Umuganura nawo usanzwe umenyereye mu Rwanda usobanura kwishimira igihe cyo kweza.
Kigali Today izakomeza kubakurikiranira ibi bikorwa ariko twanahabagereye, tubahitiramo amwe mu mafoto yaranze urugendo rwiswe Carnival.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|