Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
#UCL: Bigoranye Arsenal ibonye inota rimwe, AS Monaco itsinda FC Barcelona (Amafoto)
Sudani: Impande zihanganye ziyemeje kugana inzira yo guhagarika intambara
Umugabo yatawe muri yombi azira guhamagara umugore we kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi
Nyagatare: Baracyavoma ibirohwa kandi barahawe amazi meza