Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ntabwo nshidikanya ko muzakomeza gukorera Igihugu cyacu nk’uko bikwiye - Perezida Kagame yakira indahiro
Muhanga: Abakozi ba RMI bibutse abazize Jenoside banagabira inka uwarokotse
Umupolisi yarasiye umucamanza mu rubanza
Umuhinzi warwanyije udusimba tw’utumatirizi mu biti by’imbuto aragira inama abandi