Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Perezida Kagame yasubije abavuga ko ubuyobozi bwe butagendera kuri Demokarasi
Abantu 14 bishwe n’ubushyuhe bwinshi mu mutambagiro muri Arabie Saoudite
Musanze: Umuturage yafatanywe Litiro 2,000 z’inzoga itemewe yitwa ‘Nzoga Ejo’
Perezida Kagame yakomoje ku byo Umunyarwanda akwiye kwitega mu myaka iri imbere