Uyu muganura ariko wagiraga n’undi mumaro wo kuzirikana umwami nka Nyir’uburumbuke bakamutura urutete rw’imyaka yeze.
Kurikirana ikiganiro kigufi KT Radio yagiranye na Roger Marc Rutindukanamurego umwe mu bakurikirana imigenzo y’umuganura.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|