Sperme z’umugabo ngo zifite umuvuduko wa 45km/h

Mu bushakashatsi yashyize ahagaragara ku birebana n’ibidasanzwe cyangwa ibitangaje mu bikorwa birebana n’imibonano mpuzabitsina, umwanditsi witwa Norton avuga ko amasohoro y’umugabo asohoka afite umuvuduko wa kilometero 45 ku isaha.

Mu nyandiko ye yise 1227 Quite Interresting Facts, Norton avuga kandi ko abantu batageza kuri uwo muvuduko bakunze guhura n’ibibazo byo kudatera inda, bitewe n’imbaraga nkeya ziba ziri mu mubiri wabo, ariko ngo ibi si ihame kuri bose.

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Ndagirango mumbwire amasohoro agira iyihe shusho?

Murwanashyaka yanditse ku itariki ya: 18-05-2020  →  Musubize

iyi article yanyu ntago isobanutse kuko ntago ari sperme zugira umuvuduko ahubwo ni spermatozoide zigira umuvuduko kiandi numvise namaradio abivyga kandi bidasobanutse mugeragegeze mubihindure
murakoza

cerine yanditse ku itariki ya: 6-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka