Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Musanze: Ikamyo yikoreye inzoga yakoze impanuka Shoferi na Tandiboyi barakomereka
Kuba abafite ubumuga bahurira mu marushanwa n’abatabufite ni urugero rwiza rw’uburezi budaheza - REB
Nagiye gutanga kandidatire basanga hari kimwe mbura umwana wanjye ampesha amahirwe - Nyiramahirwe Jeanne d’Arc
RIB yafunze abantu 10 bakekwaho ruswa