• Hifashishijwe ifishi yabugenewe mu kuboneza urubyaro, umubyeyi ahabwa ubufasha aho ageze hose mu gihugu.

    Muhanga: Abagore abitabiriye kuboneza urubyaro babashije guteza imbere ingo zabo

    Iyo uganiriye na bamwe mu bagore bo mu karere ka Muhanga bagannye gahunda yo kuboneza urubyaro ku buryo bwa kizungu, usanga bishimira ko byagabanyije imihangayiko yo kurera abo badashoboye kurera bituma babona n’umwanya wo guteza imbere ingo zabo.



  • Bamwe bakoresha inzitiramibu mu bikorwa by

    Shangi: Hashyizweho uburyo bwo kugenzura ikoreshwa ry’inzitiramubu

    Mu gihe inzitiramubu ari igikoresho gikomeye mu kwirinda umubu utera marariya cyane iyo abantu baryamye mu ijoro, abaturage bamwe bo mu murenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke, bo bazikoreshaga mu kuzirobesha amafi n’isambaza abandi bakazikoresha mu bundi buryo nko kuzanikaho imyaka yabo bityo icyo zagenewe mu kubarinda (...)



  • Mukama: Kuboneza urubyaro biracyari iby’abagore gusa

    Abatuye umurenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare bemeza ko uretse kuba kuboneza urubyaro bifasha imiryango kwiteza imbere kuko babona umwanya uhagije wo gukora ngo n’abana barerwa neza kandi n’urukundo ruriyongera; gusa ngo kuboneza urubyaro ku bagabo ntibyitabirwa kubera gutinya ko abagore babo babaca inyuma.



  • Imboga ni kimwe mu biribwa bifitiye akamaro kanini umubiri

    Imboga hafi ya zose zifite imirimo inyuranye n’iyo zihuriyeho, zitera ubuyanja mu mubiri, kwituma neza, zifite amazi ahagije kandi zifasha mu birinda umubiri indwara akaba ari yo mpamvu buri muntu wese asabwa kwita ku mbuto n’imboga mu mirire ye ya buri munsi.



  • Hari abavoma mu bidendezi inka n

    Buhabwa: Mu gihe batarabona amazi meza barasaba kwegerezwa imiti isukura ay’ibidendezi bavoma

    Abatuye mu kagari ka Buhabwa ko mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza bavuga ko bafite ikibazo cy’amazi kibakomereye kuko bakoresha amazi mabi bavoma mu bidendezi. Ayo mazi ngo aba ari mabi cyane kuko aba ashobora kumara igihe kirenga umwaka aretse ahantu hamwe kuko adatemba bigatuma aba arimo imyanda myinshi.



  • Urubyiriko ruteze amatwi ibijyanye n

    Rusizi: Urubyiruko ruri guhabwa ubumenyi ku buzima bw’imyororokere

    Muri gahunda y’ihuriro ry’urubyiruko y’akarere ka Rusizi (Rusizi Youth network) iterwamo inkunga na Imbuto Foundation, hatangijwe amahugurwa y’iminsi ibiri agamije kwigisha urubyiruko kumenya ubuzima bw’imyororokere yabo hagamijwe kwirinda no gukumira indwara zandurira mu mibonano mpuza bitsina, inda zitateguwe n’ibindi bibazo.



  • Abaturiye ikirunga cya Muhabura bahamya ko bibohoye umwanda ndetse n

    Burera: Ngo bibohoye umwanda n’indwara ziterwa nawo kuko bagejejweho amazi meza

    Abaturage bo mu karere ka Burera baturiye ikirunga cya Muhabura batangaza ko mu myaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye bishimira ko bagejejweho amazi meza bakaba baribohoye umwanda ndetse n’indwara ziterwa n’isuku nke.



  • Gihombo: Abahumanyijwe n’amafunguro bamaze koroherwa

    Abahumanyijwe n’amafunguro bafashe ubwo bari mu munsi wo kwizihiza umwana w’umunyafurika wizizwa ku itariki ya 16 Kamena bavuga ko bamaze koroherwa mu gihe abandi bakiri kwa muganga kuko bataroroherwa neza.



  • Abanyeshuri bakora ikimeze nk

    Bugesera: Hatangirijwe gahunda yo gutoza abanyeshuri gukaraba intoki inshuro eshanu ku munsi

    Mu karere ka Bugesera hatangirijwe gahunda igamije gutoza abana umuco wo gukaraba intoki mu bihe bitanu, yiswe The School of five, igamije ko abana bazanabitoza abo mu miryango yabo.



  • Burera: Hari ikibazo cy’abana bagwingiye ariko ngo nta mubare wabo uzwi

    Nubwo ubuyobozi bw’akarere ka Burera bwashyizeho ingamba zitandukanye zo kurwanya imirire mibi mu bana ngo muri ako karere hari ikibazo cy’abana bagwingiye dore ngo nta n’umubare wabo uzwi.



  • Nyagatare: Ntibavuga rumwe ku kuboneza urubyaro

    Mu gihe bamwe mu baturage b’akarere ka Nyagatare bavuga ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo ariko nanone hari ababinyomoza bemeza ko iyo ari imyimvire iciriritse kuko nta ngaruka nimwe kuboneza urubyaro bigira ahubwo bifasha mu guteganyiriza umuryango uzagukomokaho.



  • Aba bana bavutse bafatanye bahita bitaba Imana bakiri ku iseta.

    Rusizi: Umugore yabyaye abana b’impaga bafatanye bahita bitaba Inama

    Mu bitaro bya Mibirizi mu karere ka Rusizi umubyeyi yabyaye abana bimpanga bafatanye ariko ntibabasha gukomeza kubaho kuko bahise bitaba Imana. Yageze kuri ibi bitaro yoherejwe n’ikigo nderabuzima cya Mushaka bamaze kubona ko afite ikibazo cyo kubyara.



  • Abasenateri basuye akarere ka Burera ubwo baganiraga n

    Burera: Abasenateri barasaba ubuyobozi kwegera abaturage bakarwanya imirire mibi

    Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage, muri Sena y’u Rwanda, irasaba ubuyobozi bw’akarere ka Burera gukomeza kwegera abaturage babashishikariza kurya ndetse no kugaburira abana babo indyo yuzuye mu rwego rwo gukomeza kurwanya imirire mibi muri ako karere.



  • Umuyobozi w

    Ruhango: Barakangurirwa guhindura imyumvire muri gahunda yo kwisiramuza

    Mu gikorwa cy’ubukangurambaga bw’abaturage ku kwisiramuza cyabereye mu murenge wa Ntongwe tariki 18/06/2014, umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier, arakangurira urubyiruko mu murenge wa Ntongwe kwisiramuza.



  • Muhanga: Bafashe ingamba zo kurandura imirire mibi

    Akarere ka Muhanga n’abafatanyabikorwa bako mu mibereho myiza baravuga ko bagiye kurushaho kurandura ikibazo cy’imirire mibi igaragara ku bana.



  • Minisitiri Odda amaze kuhagira umwana yereka abaturage ko bagomba kwita ku isuku y

    Abaturage barasabwa gukoresha ibiribwa bafite bacyemura ikibazo cy’imirire mibi

    Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Odda Gasinzigwa, arasaba abaturage gukoresha bimwe mu biribwa bafite, mu gucyemura ikibazo cy’imirire mibi ndetse no kugira isuku kuko aribyo shingiro ry’umuryango.



  • Bamwe mu bana bafashwa na Compassion International bahabwa indryo yuzuye.

    Gatsibo: Bakanguriwe kwita ku mikurire y’umwana

    Ingaruka zo kutarya neza zishobora gutuma umwana agwingira yaba ku mubili no mu bwenge; nk’uko byaragarutsweho n’abitabiriye ibiganiro ku kugutegura indyo yuzuye mu karere ka Gatsibo.



  • Abajyanama b

    Ngororero: Kuboneza urubyaro biracyari hasi

    Nubwo Ngororero Akarere ka Ngororero kari ku mwanya wa mbere mu kuboneza urubyaro mu Ntara y’iburengerazuba, kuringaniza urubyaro biracyari hasi mu baturage kuko biri ku kigero cya 40,5%. Ubwiyongere bw’abaturage buri ku kigero cya 2.6%.



  • Amashu ahinze mu masaka niyo baberetse ko arizo mboga zifasha abaturage mu kwihaza mu biribwa.

    Gicumbi: Abasenateri batunguwe no kuba mu mudugudu wose nta karima k’igikoni gahari

    Ubwo abasenateri bagize komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage basuraga akarere ka Gicumbi babwiwe ko abaturage bafite uturima tw’igikoni tubafasha guhashya imirire mibi nyuma abasenateri basuye abaturage basanga nta rugo na rumwe rufite akarima k’igikoni.



  • Inka zagabiwe abatishoboye mu murenge wa Gikonko mu rwego rwo kubarinda ibishuko bashobora gukuramo SIDA.

    Gisagara: Kuva mu bukene bizabafasha gukumira ubwandu bwa Sida

    Mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya bw’agakoko gatera Sida,bamwe mu baturage batishoboye bo mu murenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara,bavuga ko bari kuzamura urwego rw’imibereho yabo binyuze mu kworora no guhingira hamwe ngo kuko ubukene ari imwe mu mitego igwisha abantu mu ngeso zikwirakwiza ubu ubwandu.



  • Abahagarariye imiryango y

    Musanze: Hatangijwe ikigo cy’ubushakashatsi cy’abafite ubumuga

    Akarere ka Musanze gafatanyije n’umuryango VSO bafunguye ku mugaragaro ikigo cy’ubushakashatsi cy’abafite ubumuga (Disability Resource Center) kizafasha abafite ubumuga n’abandi bantu kumenya amakuru no gutegura imishinga yabo no kwandisha amashyirahamwe yabo mu Kigo gishinzwe amakoperative.



  • Muhororo: Abagabo bayobotse gahunda yo kwifungisha batanga ubuhamya kuri bagenzi babo

    Abagabo 28 batuye mu murenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero bamaze kuyoboka gahunda yo kwifungisha mu kuringaniza urubyaro barakangurira bagenzi babo kudaharira icyo gikorwa abagore gusa kuko n’abagabo ntacyo bibatwara.



  • Akarima k

    Nyagatare: Basobanuriwe ko indyo yuzuye itari iy’abifite gusa

    Gufungura indyo yuzuye ntibigombera ubushobozi kuko igizwe n’ibiribwa buri wese abasha kubona bimworoheye ariko nanone ntiyagerwaho mu gihe ibiribwa bidateguranywe isuku; nk’uko byagarutsweho ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe kwita ku isuku no kurwanya imirire mibi mu karere ka Nyagatare.



  • Abakinnyi b

    Musambira: Hifashishijwe URUNANA hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya malaria

    Mu rwego rwo gukangurira abaturage b’umurenge wa Musambira kwirinda indwara ya Malaria imaze iminsi igaragara ku barwayi bivuriza ku bitaro bya Remera Rukoma no ku mavuriro yo mu karere ka kamonyi, Akarere ka Kamonyi gafatanyije n’umuryango imbuto Foundation, bifashishije abakinnyi b’Urunana mu gutanga ubutumwa bwo (...)



  • Nyamasheke: Nyuma ya Kamena 2014 ngo nta mwana uzongera kurwara bwaki

    Ubwo mu karere ka Nyamasheke batangizaga ukwezi kwahariwe umuryango, tariki ya 22 Gicurasi 2014, biyemeje ko nyuma ya Kamena 2014 ngo nta mwana uzongera kurwara bwaki babikesheje kugira isuku no kugira imirire iboneye mu muryango.



  • Umuyobozi wungirije w

    Burera: Ngo ikibazo cy’imirire mibi mu bana ntigituruka ku bukene

    Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko ikibazo cy’imirire mibi kikigaragara muri bamwe mu bana bo muri ako karere kidaterwa n’ubukene ngo ahubwo biterwa n’imyumvire ikiri hasi ya bamwe mu bajyeyi batita ku bana babo.



  • Urubyiruko rwitabiriye gahunda y

    Rusizi: Hatangijwe gahunda y’ishoramari ry’urubyiruko mu bikorwa by’ubuzima bw’imyororokere

    Ubwo hatangizwaga ku mugaragaro gahunda y’ishoramari ry’urubyiruko mu bikorwa by’ubuzima bw’imyororokere, urubyiruko rwo mu karere ka Rusizi rwasabwe kwigira rugatera imbere rukanamenya gufata ibyemezo bituma rudashobora kugwa mu bishuko bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere yabo.



  • Imwe mu miryango yiyemeje gufasha indi miryango ikiri inyuma kugira ngo icike ku mirire mibi n

    Rutsiro : Barasabwa guca burundu imirire mibi n’isuku nke

    Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Oda Gasinzigwa, arashimira akarere ka Rutsiro kubera intambwe ishimishije kamaze gutera mu kurwanya imirire mibi, ariko asaba ko imibare mike ikigaragara muri ako karere na yo yavanwaho, kugira ngo abana nka bamwe mu bakunze kwibasirwa n’ingaruka z’imirire mibi bitabweho (...)



  • Rusizi: Abana 426 batwaye inda batarageza imyaka yo gushinga ingo

    Mu mwaka ushize wa 2013, abana b’abakobwa bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Rusizi bari mu ikigero cy’imyaka 16 na 19 bagera kuri 426 barimo abanyeshuri 34 n’abandi batiga babyaye batarakwiza imyaka yemewe yo kuba bashinga ingo zabo aba bana bagiye baterwa inda n’abagabo babashukisha ibintu.



  • Iyi ni Valley dam abaturage n

    Matimba: One Family gukemura ikibazo cy’amazi

    Mu gihe abaturage b’utugali twa Rugarama ya 2 mu murenge wa Musheli n’aka Bwera mu murenge wa Matimba bakoresha amazi yo mu kizenga (valley dam)kiri mu mudugudu wa Karuca basaba kwegerezwa amazi meza kuko ayo bakoresha ari mabi, ubuyobozi bw’umurenge wa Matimba bwo buvuga ko ihuriro One Family rizakemura iki kibazo.



Izindi nkuru: