• Ababana n

    Gicumbi: Ababana n’ubumuga barasaba koroherezwa muri serivise bahabwa

    Ababana n’ubumuga bo mu karere ka Gicumbi basaba ko bakoroherezwa muri serivise bahabwa kuko ngo imyubakire y’inzu ituma batabasha kugera aho bashaka serivise bitewe n’ubumuga bafite.



  • Bamwe mu bafite ubumuga bahawe inyunganirangingo n

    Nyamagabe: Mu nkambi ya Kigeme hatashywe ikigo gifasha abafite ubumuga

    Kuri uyu wa kane tariki ya 31/07/2014, mu nkambi ya Kigeme iherereye mu karere ka Nyamagabe hafunguwe ku mugaragaro ikigo kigenewe gufasha abafite ubumuga bo mu nkambi, kimwe mu bikorwa impunzi zifite ubumuga zagejejweho hagamijwe kuzifasha mu mibereho yazo ya buri munsi.



  • Rwirasira (iburyo) n

    Ntiyafataga umwana we ufite ubumuga nk’umuntu none ubu amurutisha abandi

    Rwirasira Samuel utuye mu karere ka Nyabihu avuga ko umwe mu bana be batandatu wavukanye ubumuga bwo kutumva no kutavuga atamufataga nk’umuntu wuzuye ariko nyuma yo kwiga ubu amurutisha bamwe mu bandi bana kuko abasha kwikemurira ibibazo byose bisaba amafaranga.



  • Karugwiza Therese, Umukozi wa UNFPA ushinzwe gender, ubwo yari mu karere ka Karongi mu munsi wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w

    Ababyeyi barasabwa kwigisha urubyiruko ubuzima bw’imyororokere

    Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’abatuye isi, ubuyobozi bw’umuryango Mpuzamahanga wita ku Batuye Isi (UNFPA) wasabye Abanyarwanda by’umwihariko ababyeyi kuganiriza urubyiruko ku buzima bw’imyororokere mu rwego rwo kurufasha kugira ubuzima bwiza kuko ngo ari rwo shusho y’u Rwanda rw’ejo.



  • Ibigega bifata amazi y

    Gatsibo: Kutagira amazi bibangamiye isuku mu kigo nderabuzima cya Bugarura

    Ikibazo kivugwa mu kigo nderabuzima cya Bugarura giherereye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gatsibo kibangamiye cyane abarwayi n’abarwaza ni isuku rusange nkeya muri iki kigo ikomoka ku kutagira amazi meza.



  • Isuku nke igaragara cyane mu bacuruza ibyo kurya bihiye.

    Kazaza: Isuku muri “kwepa ikinonko” irakemangwa

    Abaturage bacumbitse mu mudugudu wa Kazaza bita kwepa inonko hafi y’igishanga cy’umugezi w’umuvumba mu karere ka Nyagatare bishimira ko babonye aho bacumbika bakava mu gishanga hagati ariko ubuyobozi bw’umurenge wa Rwempasha burabagawa isuku nke no gutura mu kajagari.



  • Abayobozi b

    Rusizi: Abanyamadini n’amatorero barakangurirwa gahunda yo kuringaniza urubyaro

    Abayobozi b’amadini n’amatorero bo mu karere ka Rusizi barasabwa kwita kuri gahunda yo kuboneza urubyaro no kuyikangurira abayoboke babo ndetse bagashishikarizwa kwigisha urubyiruko rwo mu madini bayobora ibijyanye na gahunda yo gusobanukirwa ubuzima bw’imyororokere yabo.



  • Ngororero: Bakeneye ikigo cyihariye gitanga serivisi ku buzima bw’imyororokere

    Ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero hamwe n’abaturage cyane cyane urubyiruko barasaba Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku baturage (UNFPA) kubafasha kubona ikigo cyihariye gitanga serivisi ku buzima bw’imyororokere kubera ikibazo cy’inda zitateganyijwe n’izitwarwa n’abana b’abakobwa kibugarije.



  • Kilimbi: Bahangayikishijwe n’ikibazo cy’inda z’indaro

    Nyuma y’uko mu murenge wa Kilimbi mu karere ka Nyamasheke, hari gukorwa umuhanda uva Rusizi werekeza i Karongi, ababyeyi baturiye aho ikorwa ry’umuhanda rikorerwa bakomeje guhangayikishwa n’iterwa ry’inda ku bakobwa babo cyane abiga mu mashuri yisumbuye.



  • Bubakiye amarobine ariko nta mazi aragezwamo.

    Mukama: Babuze Sur’eau ziyasukura

    Mu gihe bamwe mu baturage bo mu tugali twa Kagina na Gishororo umurenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare bavuga ko bahangayikishijwe no kuba nta miti isukura amazi babona ku buryo bworoshye dore ko bakoresha ayo bakura mu bishanga, ubuyobozi bw’uyu murenge bwo buvuga ko ubu iyi miti yamaze kugezwa ku bajyanama b’ubuzima (...)



  • Hifashishijwe ifishi yabugenewe mu kuboneza urubyaro, umubyeyi ahabwa ubufasha aho ageze hose mu gihugu.

    Muhanga: Abagore abitabiriye kuboneza urubyaro babashije guteza imbere ingo zabo

    Iyo uganiriye na bamwe mu bagore bo mu karere ka Muhanga bagannye gahunda yo kuboneza urubyaro ku buryo bwa kizungu, usanga bishimira ko byagabanyije imihangayiko yo kurera abo badashoboye kurera bituma babona n’umwanya wo guteza imbere ingo zabo.



  • Bamwe bakoresha inzitiramibu mu bikorwa by

    Shangi: Hashyizweho uburyo bwo kugenzura ikoreshwa ry’inzitiramubu

    Mu gihe inzitiramubu ari igikoresho gikomeye mu kwirinda umubu utera marariya cyane iyo abantu baryamye mu ijoro, abaturage bamwe bo mu murenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke, bo bazikoreshaga mu kuzirobesha amafi n’isambaza abandi bakazikoresha mu bundi buryo nko kuzanikaho imyaka yabo bityo icyo zagenewe mu kubarinda (...)



  • Mukama: Kuboneza urubyaro biracyari iby’abagore gusa

    Abatuye umurenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare bemeza ko uretse kuba kuboneza urubyaro bifasha imiryango kwiteza imbere kuko babona umwanya uhagije wo gukora ngo n’abana barerwa neza kandi n’urukundo ruriyongera; gusa ngo kuboneza urubyaro ku bagabo ntibyitabirwa kubera gutinya ko abagore babo babaca inyuma.



  • Imboga ni kimwe mu biribwa bifitiye akamaro kanini umubiri

    Imboga hafi ya zose zifite imirimo inyuranye n’iyo zihuriyeho, zitera ubuyanja mu mubiri, kwituma neza, zifite amazi ahagije kandi zifasha mu birinda umubiri indwara akaba ari yo mpamvu buri muntu wese asabwa kwita ku mbuto n’imboga mu mirire ye ya buri munsi.



  • Hari abavoma mu bidendezi inka n

    Buhabwa: Mu gihe batarabona amazi meza barasaba kwegerezwa imiti isukura ay’ibidendezi bavoma

    Abatuye mu kagari ka Buhabwa ko mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza bavuga ko bafite ikibazo cy’amazi kibakomereye kuko bakoresha amazi mabi bavoma mu bidendezi. Ayo mazi ngo aba ari mabi cyane kuko aba ashobora kumara igihe kirenga umwaka aretse ahantu hamwe kuko adatemba bigatuma aba arimo imyanda myinshi.



  • Urubyiriko ruteze amatwi ibijyanye n

    Rusizi: Urubyiruko ruri guhabwa ubumenyi ku buzima bw’imyororokere

    Muri gahunda y’ihuriro ry’urubyiruko y’akarere ka Rusizi (Rusizi Youth network) iterwamo inkunga na Imbuto Foundation, hatangijwe amahugurwa y’iminsi ibiri agamije kwigisha urubyiruko kumenya ubuzima bw’imyororokere yabo hagamijwe kwirinda no gukumira indwara zandurira mu mibonano mpuza bitsina, inda zitateguwe n’ibindi bibazo.



  • Abaturiye ikirunga cya Muhabura bahamya ko bibohoye umwanda ndetse n

    Burera: Ngo bibohoye umwanda n’indwara ziterwa nawo kuko bagejejweho amazi meza

    Abaturage bo mu karere ka Burera baturiye ikirunga cya Muhabura batangaza ko mu myaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye bishimira ko bagejejweho amazi meza bakaba baribohoye umwanda ndetse n’indwara ziterwa n’isuku nke.



  • Gihombo: Abahumanyijwe n’amafunguro bamaze koroherwa

    Abahumanyijwe n’amafunguro bafashe ubwo bari mu munsi wo kwizihiza umwana w’umunyafurika wizizwa ku itariki ya 16 Kamena bavuga ko bamaze koroherwa mu gihe abandi bakiri kwa muganga kuko bataroroherwa neza.



  • Abanyeshuri bakora ikimeze nk

    Bugesera: Hatangirijwe gahunda yo gutoza abanyeshuri gukaraba intoki inshuro eshanu ku munsi

    Mu karere ka Bugesera hatangirijwe gahunda igamije gutoza abana umuco wo gukaraba intoki mu bihe bitanu, yiswe The School of five, igamije ko abana bazanabitoza abo mu miryango yabo.



  • Burera: Hari ikibazo cy’abana bagwingiye ariko ngo nta mubare wabo uzwi

    Nubwo ubuyobozi bw’akarere ka Burera bwashyizeho ingamba zitandukanye zo kurwanya imirire mibi mu bana ngo muri ako karere hari ikibazo cy’abana bagwingiye dore ngo nta n’umubare wabo uzwi.



  • Nyagatare: Ntibavuga rumwe ku kuboneza urubyaro

    Mu gihe bamwe mu baturage b’akarere ka Nyagatare bavuga ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo ariko nanone hari ababinyomoza bemeza ko iyo ari imyimvire iciriritse kuko nta ngaruka nimwe kuboneza urubyaro bigira ahubwo bifasha mu guteganyiriza umuryango uzagukomokaho.



  • Aba bana bavutse bafatanye bahita bitaba Imana bakiri ku iseta.

    Rusizi: Umugore yabyaye abana b’impaga bafatanye bahita bitaba Inama

    Mu bitaro bya Mibirizi mu karere ka Rusizi umubyeyi yabyaye abana bimpanga bafatanye ariko ntibabasha gukomeza kubaho kuko bahise bitaba Imana. Yageze kuri ibi bitaro yoherejwe n’ikigo nderabuzima cya Mushaka bamaze kubona ko afite ikibazo cyo kubyara.



  • Abasenateri basuye akarere ka Burera ubwo baganiraga n

    Burera: Abasenateri barasaba ubuyobozi kwegera abaturage bakarwanya imirire mibi

    Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage, muri Sena y’u Rwanda, irasaba ubuyobozi bw’akarere ka Burera gukomeza kwegera abaturage babashishikariza kurya ndetse no kugaburira abana babo indyo yuzuye mu rwego rwo gukomeza kurwanya imirire mibi muri ako karere.



  • Umuyobozi w

    Ruhango: Barakangurirwa guhindura imyumvire muri gahunda yo kwisiramuza

    Mu gikorwa cy’ubukangurambaga bw’abaturage ku kwisiramuza cyabereye mu murenge wa Ntongwe tariki 18/06/2014, umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier, arakangurira urubyiruko mu murenge wa Ntongwe kwisiramuza.



  • Muhanga: Bafashe ingamba zo kurandura imirire mibi

    Akarere ka Muhanga n’abafatanyabikorwa bako mu mibereho myiza baravuga ko bagiye kurushaho kurandura ikibazo cy’imirire mibi igaragara ku bana.



  • Minisitiri Odda amaze kuhagira umwana yereka abaturage ko bagomba kwita ku isuku y

    Abaturage barasabwa gukoresha ibiribwa bafite bacyemura ikibazo cy’imirire mibi

    Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Odda Gasinzigwa, arasaba abaturage gukoresha bimwe mu biribwa bafite, mu gucyemura ikibazo cy’imirire mibi ndetse no kugira isuku kuko aribyo shingiro ry’umuryango.



  • Bamwe mu bana bafashwa na Compassion International bahabwa indryo yuzuye.

    Gatsibo: Bakanguriwe kwita ku mikurire y’umwana

    Ingaruka zo kutarya neza zishobora gutuma umwana agwingira yaba ku mubili no mu bwenge; nk’uko byaragarutsweho n’abitabiriye ibiganiro ku kugutegura indyo yuzuye mu karere ka Gatsibo.



  • Abajyanama b

    Ngororero: Kuboneza urubyaro biracyari hasi

    Nubwo Ngororero Akarere ka Ngororero kari ku mwanya wa mbere mu kuboneza urubyaro mu Ntara y’iburengerazuba, kuringaniza urubyaro biracyari hasi mu baturage kuko biri ku kigero cya 40,5%. Ubwiyongere bw’abaturage buri ku kigero cya 2.6%.



  • Amashu ahinze mu masaka niyo baberetse ko arizo mboga zifasha abaturage mu kwihaza mu biribwa.

    Gicumbi: Abasenateri batunguwe no kuba mu mudugudu wose nta karima k’igikoni gahari

    Ubwo abasenateri bagize komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage basuraga akarere ka Gicumbi babwiwe ko abaturage bafite uturima tw’igikoni tubafasha guhashya imirire mibi nyuma abasenateri basuye abaturage basanga nta rugo na rumwe rufite akarima k’igikoni.



  • Inka zagabiwe abatishoboye mu murenge wa Gikonko mu rwego rwo kubarinda ibishuko bashobora gukuramo SIDA.

    Gisagara: Kuva mu bukene bizabafasha gukumira ubwandu bwa Sida

    Mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya bw’agakoko gatera Sida,bamwe mu baturage batishoboye bo mu murenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara,bavuga ko bari kuzamura urwego rw’imibereho yabo binyuze mu kworora no guhingira hamwe ngo kuko ubukene ari imwe mu mitego igwisha abantu mu ngeso zikwirakwiza ubu ubwandu.



Izindi nkuru: