Dr. Agnes Binagwaho ntakiri Minisitiri w’Ubuzima

Nk’uko tubikesha itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, riravuga ko Perezida wa Repubulika yavanye mu mwanya uwari Minisitiri w’Ubuzima Madamu Dr. Agnes Binagwaho.

Dr Agnes Binagwaho wavanywe mu mirimo
Dr Agnes Binagwaho wavanywe mu mirimo
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w'intebe
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 13 )

Binagwaho yari umugome, yahubukaga, ahuuuuuuuu, turamukize

dady yanditse ku itariki ya: 12-07-2016  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka