Ngororero: Hatangijwe ibikorwa by’ubuvuzi bukorwa n’ingabo z’igihugu

Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Gashyantare 2017, mu Karere ka Ngororero ku bitaro bya Muhororo haratangizwa ibikorwa bya "Army Week."

Ingabo z'igihugu zisanzwe zikora ibikorwa byo kuvura abaturage batishoboye. (Photo internet)
Ingabo z’igihugu zisanzwe zikora ibikorwa byo kuvura abaturage batishoboye. (Photo internet)

Muri iki gikorwa kimara icyumweru cyose, ingabo zizaba zivura abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bafite uburwayi bunyuranye.

Kuri ibi bitaro bya Kabaya, hazavurirwa abarwayi bagera kuri 909.

Abaturage bategereje ari kwivuza ari benshi.
Abaturage bategereje ari kwivuza ari benshi.

Iyi nkuru turacyayibakurikiranira.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka