#COVID19: Abanduye bashya 173 babonetse mu bipimo 13,158

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 25 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 173, bakaba babonetse mu bipimo 13,158.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uyu munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, bakaba ari 1433 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka