Nyombayire wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’imfubyi mu majyepfo y’Uburengerazuba y’u Rwanda, akaba ashinjwa kugira uruhare mu iyicwa ry’abana b’imfubyi bari mu kigo hamwe n’abakozi b’Abatutsi bagera kuri 15 ndetse no gufata ku ngufu abagore.
Venuste Nyombayire yatangiye gushakishwa nyuma y’ubuhamya bwatanzwe n’abakorewe Jenoside bavuze ko Nyombayire uba mu Bufaransa yagize uruhare muri Jenoside atangira gushakishwa 19 Nzeri 2011.
Abanyarwanda bagera 20 batuye mu Bufaransa bamaze guca imbere y’ubutabera bw’u Bufaransa, Captaine Pascal Simbikangwa ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda 1994 akaba azaburana muri Gashyantare 2014.
Sylidio Sebuharara
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|