Isomwa ry’urubanza rwa Diane Rwigara n’abo mu muryango we rirasubitswe

Isomwa ry’urubanza Diane Rwigara areganwamo na bamwe mu bagize umuryango we, Anne Rwigara murumuna we n’umubyeyi we Adeline Mukangemanyi , ryari riteganijwe kuri uyu wa Gatanu rirasubitswe.

Urubanza rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu rwimuriwe ku wa mbere
Urubanza rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu rwimuriwe ku wa mbere

Umucamanza atangaje ko impamvu yo gusubika isomwa ry’urwo rubanza ishingiye ku bunini bwa dosiye z’abaregwa, batabashije kwiga ngo bayirangize.

Isomwa ry’urwo rubanza ryimuriwe ku wa mbere tariki 23 Ukwakira 2017, Saa cyanda z’umugoroba.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

ese ko twumva bakandamizwa mu byukuri baba bazira iki?

Irafasha Nicolas Fils Otamendi yanditse ku itariki ya: 27-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka